Quantcast
Channel: Isesengura Archives - Umunyarwanda
Viewing all 974 articles
Browse latest View live

URUNGANO RWA KIZITO MIHIGO RURAHAMYA KO YISHWE

$
0
0

Nyuma y’urupfu rwa Kizito Mihigo urungano rwe rurahamya ko yishwe rukanasaba ko imigabo n’imigambi bye byashyirwa mu bikorwa.

Ubundi kandi urupfu rwa Kizito rwamaze kurenga imipaka y’u Rwanda, isi yose ubu irimo kumuhimbaza ari nako yemeza ko Kizito atiyahuye ko ahubwo yishwe.


Amwe mu makuru y’impuha yakurikiye Urupfu rwa Kizito Mihigo

$
0
0

Nyuma y’aho inkuru y’urupfu rwa Kizito Mihigo ibereye kimono yakurikiwe n’impuha nyinshi zitandukanye.

Bamwe mu basesengura izi mpuha bahamya ko zaba zigamije kurangaza abantu ngo zibateshe igihe zinayobye abashaka kumenya ukuri nyako ku Urupfu rw’uyu muhanzi w’icyamamare.

Zimwe muri izo mpuha zagarutsweho n’umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika Vénuste Nshimiyimana wavuganye n’umunyamakuru Cyuma Hassan byari byavuzwe ko yafashwe azira gutangaza amakuru avuga uko yasanze umurambo wa Kizito Mihigo ufite ingpuma eshatu, yavuganye kandi n’umuvugizi wa FDLR wahakanye ko nta tangazo uwo mutwe wasohoye uvuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo

Mushobora kumva Inkuru irambuye hano hasi:

Louise Uwacu aravuga uko Panafricanism yafasha u Rwanda n’abanyarwanda /Bivuga iki kuba panafrican?

Ari Me Antoinette Mukamusoni n’umuvugizi wa RIB uvuga ukuri ni inde?

$
0
0

Yanditswe na Marc Matabaro

Tariki ya 17 Gashyantare 2020 ubwo inkuru y’urupfu rw’umuhanzi Kizito Mihigo yabaga kimomo umuvugizi w’urwego rw’ubushinjacyaha (RIB), Marie Michelle Umuhoza yatangaje ko Nyakwigendera Kizito Mihigo yavugaga make ndetse yanze no gusubiza ibintu bimwe na bimwe bityo dosiye ye ngo Akaba yaritabye Imana itararangira! Ibi bigaragazwa n’ikiganiro yahaye Flash Tv musanga hano hasi:

Ibi ntabwo abantu benshi bari gukomeza kubyibazaho iyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 28 Gashyantare 2020 Me Antoinette Mukamusoni ataganira n’umunyamakuru Yosefu Dukuzumuremyi, wa Umuryango TV aho yemeje ko ibazwa rya Nyakwigendera Kizito Mihigo ryarangiye maze ngo we ubwe nk’umunyamategeko we (Me Mukamusoni) ndetse na Nyakwigendera Kizito bashyize umukono ku nyandiko-mvugo y’ibazwa ndetse ngo na dosiye ngo bwari gucya ijyanwa mu bushinjacyaha!

Mushobora kwiyumvira Me Mukamusoni abivuga hano hasi mu kiganiro na Umuryango TV:

Ntabwo yagarukiye aho kuko uretse kwica amategeko y’ibanga agenga ababuranira abandi Me Antoinette yongeye gushimangira kuri micro ya Ukwezi Tv ko rwose ibazwa rya Nyakwigendera Kizito ryari ryarangiye kuko yabivuze byose uko byagenze yemera icyaha ashaka gusaba n’imbabazi ndetse ngo yanashyize umukono ku nyandiko-mvugo! Aha Me Mukamusoni akaba avuguruza ku nshuro ya kabiri Marie Michelle Umuhoza, umuvugizi w’urwego rw’ubushinjacyaha (RIB) watangaje ko Kizito atashakaga kuvuga bityo bigatinza dosiye ye akitaba Imana itararangira! Ibyo murabisanga mu kiganiro musanga hano hasi:

Amakuru The Rwandan yashoboye kubona avuga ko ku ikubitiro Nyakwigendera Kizito akimara kwitaba Imana, Me Antoinette Mukamusoni yahakaniye miryango mpuzamahanga iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu avuga ko atigeze abonana na Nyakwigendera Kizito mbere y’uko yitaba Imana!

Mu gusoza iyi nyandiko umuntu yakwibaza niba Me Antoinette Mukamusoni yarafashe icyemezo ku giti cye cyo kugana ibitangazamakuru ntawe ubimusabye ufite inyungu mu kuyobya uburari ku bijyanye n’urupfu rwa Kizito Mihigo.

ICYO URUPFU RWA KIZITO MIHIGO RWADUSIGIYE

Abakunze kuvugwa mu kibazo cya Ben Rutabana baravura aho ibintu bigeze.

$
0
0

Turumva: Gervais Condo, Maître Dr David Mushabe (avocat wa Ben Rutabana), Jean Paul Turayishimye, Emérence Kayijuka na Tabita Gwiza (bashiki ba Ben Rutabana) na Pasteur Jean-Claude Habimana.

IBIHANGANO 400 BYA KIZITO KUKI BITAKUNGUKIRA UMURYANGO WE?

IKIHISHE INYUMA Y’IHAGARIKWA RY’IGITARAMO CYA KAYIREBWA, KARASIRA NA MANI MARTIN NI URUPFU RWA KIZITO


Koko se imva ya Kizito Mihigo yarafunguwe umurambo barawiba?

Raporo ya USA ku Rwanda ifite izihe ngaruka? Habajijwe Nduhungirehe, Prof Kambanda, Dr Himbara

$
0
0

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika iherutse gusohora Raporo inenga uko abategetsi b’u Rwanda bacunga igihugu.

Mu byo ibashinja harimo no guhohotera abaturage, ubwicanyi, irigiswa, ifungwa ritubahirije amategeko, iyicarubozo n’ibindi.

Ese iyo raporo ya USA ku Rwanda ifite ingaruka ku bategetsi?

Habajijwe:

-Olivier Nduhungirehe, umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu Rwanda

-Prof Dr Kambanda umunyamategeko akaba n’umwarimu muri Kaminuza muri Amerika

-Dr David Himbara, impuguke n’umwarimu mu by’ubukungu.

Baradusobanurira impamvu Kizito Mihigo azahora mu mitima y’abumvise ubutumwa bwe

Aimable Karasira yagiye gusura Victoire Ingabire

J.Paul Samputu: « Kwicisha bugufi nibyo byadufasha kugera k’umunezero » koko?!

$
0
0

Mu kiganiro Ukuri k’Ukuri kwagiranye na J.Paul Samputu musanga hasi aha, aremeza kandi agatsindagira yivuye inyuma ko abantu muri rusange, ariko abanyarwanda k’uburyo bw’umwihariko, bemeye kwicisha bugufi no kuyoboka inzira y’UKURI n’URUKUNDO aribyo byonyine byabafasha kugera k’umunezerwa nyakuri. 

Uyu muhanzi rurangiranwa usigaye werekeza ibintu byose k’Urukundo (ari n’indirimbo ze), aremeza adashidikanya ko ‘‘Ishuli ry’«Ubumuntu, Ubuntu n’Ubupfura»’’ ari yo nzira yonyine nyakuri yo kumenya Imana no gukunda igihugu !

ABANZI B’IGIHUGU BISOBANUYE IKI KOKO? GUSURA Victoire Ingabire?

“Kizito yishwe azira ukwemera kwe, Sinanga abategetsi, ariko niba badahindutse nibaveho”: Padiri Mutarambirwa


Gasimba F.Xavier, umuhanuzi mu bahanuzi n’umwalimu w’ikirenga U Rwanda rutigeze rugira!

Abakunze kuvugwa mu kibazo cya Ben Rutabana baravura aho ibintu bigeze.

$
0
0

Turumva: Gervais Condo, Maître Dr David Mushabe (avocat wa Ben Rutabana), Jean Paul Turayishimye, Emérence Kayijuka na Tabita Gwiza (bashiki ba Ben Rutabana) na Pasteur Jean-Claude Habimana.

Bannyahe: abaturage barahuza kwimurwa ku ngufu n’ibikorwa byo gufata abagore ku ngufu.

Icyo impuguke zivuga ku rukigo rwa Corona virus mu Rwanda

$
0
0

Dr Emmanuel Mwiseneza ni impuguke mu buvuzi bw’amatungo. Azi uko inkingo zikorwa kubera ko batangilira ku nyamaswa kandi hakaba inyandiko yimbitse (protocole) yerekana uko bizagenda.

Urukingo ruhabwa ababishaka kandi bakabaha impozamarira kuko baba batazi uko bizagenda ku buzima bwabo. Mu Rwanda, ibyo byose ntawe uzi niba byarakozwe.

Dr Emmanuel Mwiseneza aravuga ko Corona virus isanzwe izwi mu nyamaswa, uretse ko yihinduye ikajya ku bantu.

Fidèle Kabera ni impuguke mu ijanisha mibare (statistiques). Aravuga ko ubushakashatsi kuri corona virus atari rubi ariko ko hagomba kuba umwitangirizwa bakareba niba hatari icyo bita “conflits d’intérêts” ni ukuvuga uruvange rw’imari hagati y’abantu bari muri Leta n’abandi bashaka kuzana urukingo.

KIZITO YASIZE UMUCO MWIZA WO KWIFATA AMAJWI: Aimable Karasira

Viewing all 974 articles
Browse latest View live


<script src="https://jsc.adskeeper.com/r/s/rssing.com.1596347.js" async> </script>